Ikiganiro cya 16 kuri 19 biteganyijwe

Urupapuro 1/6 Ibyiza byo gukina ku mikurire y’uwana

Ibyiza byo gukina ku mikurire y’uwana

Ibikwiye gukorwa

  • Gusobanukirwa ihuriro riri hagati yo gukina kwabana niterebere mu bumenyi shingiro bw’ubuzima.
  • Kumenya ko gukina ari ingenzi ku hazaza heza h’umwana.
  • Gufasha abana mu mikino yabo yateguwe ni tateguwe.
  • Gushyira imikino y’abana mu bikorwa bya buri munsi.

 

Insanganyamatsiko y’ikiganiro
Iki kiganiro kerekeye ku byiza byo gukina mu mikurire y’abana,imibereho myiza n’ubumenyi bukenewe kw’ishuri n’igihe uuntu yabaye mukuru.

 

Intego y’ikiganiro
Intego y’iki kiganiro ni ugutanga ibitekerezo no gukangura mu gufasha abarera abana gukina, nki ibyingenzi mu mikurire y’abana,kungura ababyeyi ibitekerezo,ibikoresho mu gutegura no gukoresha imikino nka bimwe mu bigize ubuzima by’umuryango.
Imiryango irera abana batayivukamo,abakozi bafasha abana gusubira mu buzima busanzwe, abamama bo muri SOS n’abarimu bashobora iki kigananiro –Gukina ni rusange ku mikurire y’uwana!