Ikiganiro cya 5 kuri 15 byateganyijwe

Urupapuro 5/5 Gahunda y’ibikorwa: ibiteganyijwe mbere yo gutangira ikiganiro gikurikira

Gahunda y’ibikorwa: ibiteganyijwe mbere yo gutangira ikiganiro gikurikira

  • Hitamo ibintu bibiri wifuza guhindura mu buzima bwawe bwa buri munsi kugeza ubwo tuzatangira ikiganiro gikurikira
  • Andika ibintu bibiri wifuza guhindura mu bufasha buhabwa impinja n’ibitambabuga.
  • Ni ibiki wifuza guhindura kandi uzitwararika mu mirimo yawe?
  • Ni iki uzahindura mu mikorere yawe mu gukina no kwiyegereza umwana ku mubiri?
  • Ni gute uzamenya ko ibyo wabigezeho?
  • Fata mu mmutwe, cyangwa ufate imyitozo mishya mu mashusho cyangwa wandike ibyo ukora mu buryo butandukanye, Ese ni gute abana bakira izo mpinduka.
Urakoze kwitabira iki kiganiro kandi tukwifurije amahirwe mu mirimo yawe. Tuzongera ubutaha!