Ikiganiro cya 18 kuri 19 biteganyijwe

Urupapuro 4/4 Gutegura iteganyabikorwa ryawe

Gutegura iteganyabikorwa ryawe

Sobanura uko mbyumva ku rutonde rwerekana intambwe – kuyindi no kwerekana ibyo umaze kunguka.Ni

  • Ni gute abafatanyabikorwa bakiriye ubutumire bwawe?
  • Ni gute abagize umuryango mugari bakiriye ibiganiro birambuye mwagiranye byerekana inyungu dukura mu guha uruhare ababyeyi b’igigitsina gabo mu kwita ku muryango? Haba hari ubwo bifashe cg. ngo bagire gushyidikanya, cg. kumva nta byiringiro bafite ku mpinduka zifuzwa? Guhindura imyumvire y’abantu bakakira impinduka zigenda zibaho uko igihe gisimburanwa, rero bifate nk’ibikorwa bizakomeza gukorwa mu gihe kirekire.
  • Uko washingira kubunararibonye ufite ukanoza ubufatanye n’abafatanyabikorwa, no kugira icyo wanoza mu biganiro utanga kugirango wemerwe n’abaturage ndetse n’imiryango?
  • Intambwe uzatera kugirango ushyigikirwe n’umuryango mugari muri gahunda yo gutuma ababyeyi b’abagabo bagira uruhare mu kwita ku bana, ingimbi n’abangavu n’abasore bato?