Ikiganiro cya 15 kuri 19 biteganyijwe

Urupapuro 6/7: Ubujyanama no kwisanga mu muryango nyuma yo gucucwa.

Ubujyanama no kwisanga mu muryango  nyuma yo gucucwa

Kugirango bamererwe neza nyuma yo gusezererwa,bakeneye ababagira inama no kugira inshuti.Kubaha umukozi umwe cyangwa babiri mubabimenyereye ba SOS CV nk’umujyanama w’igihe kirekire. Ikindi gikenewe n’ugushyiraho ihuriro kubasezewe,aho bajya basangira ibitekerezo bakagirana inama,bikanabarinda ubwigunge.Ababyeyi babarera bashobora gufasha binyuze mugutanga amakuru ku bakozi babafasha bagakomeza kubaba hafi aho bishoboka.

UMUJYANAMA NI UMUNTU W’INGENZI, USIMBURA UWAHOZE ARI INKORAMUTIMA

Umwana gutandukana n’abaurera biramugora,hanakenerwa undi muntu wabasimbura baboneraho ihumure akanababera umujyama.Buri mwana cyangwa itsinda ry’abana bagomba guhabwa umujyanama mbere yo gusezererwa. Hari ubwo mama SOS ashobora kujya mukiruhuko cy’izabukuru,n’ababyeyi barera abana bakaba babona abandi bana bakeneye kwitabwaho.Rero buri mukozi wa SOS agomba gushaka uwo agomba gukurikirana,kugirango amuhe ubujyanama mu gihe kirambye.

GUKORA AMATSINDA UTEKANYE Y’IGIHE KIREKIRE NYUMA YO GUSEZERERWA

Nkuko twabibonye mu ntangiriro,ukwingenda mu rubyiruko byagerwaho gusa uruko hubatswe ubwuzuzanye bushya hagati yabo n’abandi babana.Ibyo ni:tugomba gufasha abato/abana guhura n’abandi bo mu muryango,kubabonera icyo bakorera aho bari,kongera kubunga n’imiryango n’abene wabo,no kubafasha kubona urungano basabana nyuma yo gusezererwa n’ibyingenzi cyane igihe basubiye cyangwa bari mu muryango.Urubyiruko rushobora kugira amatsinda ruzajya ruhuriramo n’umujyanama bakaganira ku bibangamiye,bagasangira inararibonye bashaka utuzi,aho kuba,ibibazo byo mu muryango n’ibyurushako, n’izindi ngingo.

Muri Kenya, umwana wasezerewe witwa Ruth yasobanuye uko we n’abandi basezerewe bakoze ihuriro Kenya Society of Care Leavers (Kenya ishyirahamwe ry’abasezerewe). Kurikira iyo uwo nzira urashishikazwa n’ibikorwa bwo gufasha,bashigikira banaha ubushobozi abandi basezerewe.